Uri ku rubuga rwacu [[countryName]] ([[languageName]]).

Tanga inkunga

Urakoze kubw'inkunga yawe.

Ibyo dukora byose bishoboka kubwo gutanga bivuye ku mutima no gusenga by'abantu nkawe. Buri mpano, nini cyangwa nto, idufasha guhindura abantu abigishwa ba Kristo binyuze mu nyigisho nziza n'imbaraga zihindura ubuzima z'Ijambo ry'Imana.

Tanga inkunga ubu
External website link icon
International giving icon

Icyo impano yawe yakora

FRw 14,000
Ashobora gushyira igitabo cya Derek Prince mu biganza by'umwizera mushya.
FRw 293,000
Ashobora gukora neza & gutunganya amashusho y'iminota 5-15 ya Derek Prince.
FRw 2,925,879
Ashobora guhindura igitabo cya Derek Prince mu rundi rurimi.
International giving icon

Impamvu Inkunga Yawe ari ingirakamaro

Dukenera inkunga ngo dusohoze inshingano yacu ku isi hose yo "kugera ku bataragerwaho no kwigisha abatarigishwa" kubw'icyubahiro cy'Imana. Ni umurimo w'urukundo kuri bose wo gusohoza Inshingano Ikomeye.

Inkunga yawe ishyigikira mu buryo butaziguye ibikorwa byacu biterwa inkunga ku isi yose ndetse n'imbaraga zacu zo kwigisha Bibiliya mu mahanga yose, mu moko yose no mu ndimi zose.

Ubundi Buryo bwo Gutanga inkunga

Turagusaba ngo utwandikire niba ukeneye ibisobanuro birambuye n'ubundi buryo ushobora gutanga ushyigikira Derek Prince Ministries Rwanda.

Twandikire

Gutanga Umurage

Shora mu Bwami bw'Imana kandi usige umurage w'igihe kirekire utanga impano kuri Derek Prince Ministries mu nyandiko y'umurage wawe.

Gutanga Umurage
Gemma L.

Shiraho Ururimi n'ahantu

i
i